• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Imodoka y’ivatiri ku muhanda uva Nyabugogo ugana Gatsata yafashwe n’inkongi y’umuriro

Umwanditsi
January 13, 2017

 

Ahagana mu masaha ya saa tatu z’igitondo, imodoka yo mubwoko bw’ivatiri yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya ku bw’amahirwe igobokwa na Polisi izimya umuriro.

Imodoka ifite pulaki nomero RAB 854 K yo mu bwoko bw’amavatiri, kuri uyu wa gatanu tariki ya 13 Mutarama 2017 ahagana saa tatu za mugitondo yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya.

Iyi modoka, ubwo yafatwaga n’inkongi y’umuriro yarimo umushoferi gusa wari uyitwaye ava mu bice bya Nyabugogo yerekeza mu Gatsata. Ku bw’amahirwe shoferi ntacyo yabaye kandi n’imodoka ntabwo yahiye ngo ikongoke yose.

Habaye aha Polisi n’imodoka zayo zabugenewe mu kuzimya inkongi.

Imodoka igifatwa n’inkongi y’umuriro, yagobotswe n’imodoka ya Polisi yagenewe kuzimya inkongi bityo bituma idashya ngo ikongoke.

CIP Emmanuel Kabanda umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda, yahamirije intyoza.com amakuru y’iyi nkongi y’umuriro yafashe iyi modoka. Avuga kandi ko ntawaguye muri iyi mpanuka, ko ndetse iperereza ririmo gukorwa mu rwego rwo gushaka kumenya icyateje iyi nkongi.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga