• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Ikipe ya Manchester City yandagajwe nta mpuhwe na Everton 

Umwanditsi
January 15, 2017

Mu mukino wahuje amakipe abiri y’umupira w’amaguru yo mu gihugu cy’Ubwongereza mu kiciro cya mbere, ikipe ya Everton yandagaje itababariye ikipe ya Manchester City iyitsinda ibitego 4-0 umukino urangira utyo.

Mu mukino w’umupira w’amaguru muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza, ku kibuga Goodison Park cya Everton ikipe ya Manchester City yandagajwe ubutagirirwa impuhwe itsindwa ibitego 4-0 itaha yimyiza imoso.

Ibibaye kuri M.City ni ibintu bitari byitezwe na benshi, kuba yatsindwa ibitego 4 k’ubusa. Iminota 90 y’umukino irangiye ikipe ya Manchester City yandagajwe.

Umukinnyi Davies yishimira igitego yari atsinze.

Ibitego bya Everton byose byatsinzwe n’abakinnyi batandukanye harimo n’icyatsinzwe n’umwana muto w’imyaka 18 wa Everton wari ukinnye umukino we wa mbere.

Abakinnyi ba Manchester City bibaza ibibabayeho.

Ku munota wa 34 w’igice cya mbere nibwo Romelu Lukaku yatsinze igitego cya mbere cya Everton, ku munota wa 47 igice cya kabiri kimaze gusa iminota 2 gitangiye, Kevin Mirallas yatsinze igitego cya 2, umukinnyi Tom Davies k’umunota wa 79 yaboneye igitego cya 3 ikipe ye ya Everton naho k’umunota wa 90 w’umukino Ademola Lookman umwana w’imyaka 18 gusa wari ukinnye umukino we wa mbere muri Everton yatsinze igitego cya 4 ari nacyo cya nyuma muri uyu mukino wose. Ikipe ya Manchester City yatashye imbokoboko, igenda nta gitego na kimwe ibonye.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga