• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Biryogo: Iduka ryafashwe n’Inkongi y’umuriro riragurumana ibyarimo biragirika

Umwanditsi
January 16, 2017

Iduka ricuruza ibyuma by’Imodoka (Spare Parts) ryafashwe n’inkongi y’umuriro riragurumana ibyarimo birangirika, Polisi ishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro ihagoboka nta nzu yindi ifashwe.

Inkongi y’umuriro yafashe iduka ricuruza ibyuma by’imodoka( Spare Parts), yatangiye ahagana mu ma saa moya n’iminota 30 z’umugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2017. Ibi byabereye ahazwi nka Tarinyota mu kagari ka Gabiro umudugudu wa Biryogo mu murenge wa Nyarugenge.

Polisi y’u Rwanda ishami ryayo rishinzwe kuzimya inkongi yifashishije ibimodoka byayo byabugenewe mu kuzimya inkongi z’imiriro yahagobotse bwangu izimya umuriro utaragira andi mazu byegeranye ufata.

Inzu yashyaga igurumana, ibyari muri iyi nzu byangiritse.

Amakuru y’iyi nkongi y’umuriro yafashe iyi nzu, yemejwe na SP Emmanuel Hitayezu umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali. Avuga kandi ko mu gushya kw’iyi nzu nta muntu wabikomerekeyemo uretse ibyari muri iyi nzu byangiritse. Polisi itangaza kandi ko hahise hatangira iperereza kugira ngo hamenyekane icyaba cyateye iyi nkongi.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga