• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Nyuma y’imyaka 41 ashakishwa kubwo kwica umuntu yatawe muri yombi aho yari yihishe

Umwanditsi
May 5, 2017

Uwishe umuntu mu myaka 41 ishize dore ko hari mu 1976 yatawe muri yombi nyuma yuko haboneka amakuru y’aho aherereye bagatangira ku muhigisha uruhindu bikarangira bamufatiye mu ishyamba nubwo ngo ubwoba bwari bwose ku b’umutekano.

Umugabo ukekwaho ubwicanyi bwabaye mu mwaka w’ 1976 yatawe muri yombi i Mississippi ho muri Leta zunze ubumwe za Amerika ku wakane tariki ya 28 Mata 2017 aho yari yihishe mu ishyamba.

Imyaka ibaye 41 umugabo witwa David Lee Edds yihisha ubutegetsi, kugeza umunsi yafatiweho afite imyaka 61 y’amavuko, akekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umuntu rwabaye mu 1976. Yasanzwe mu ishyamba rya waynesboro muri misisipi aho yafatiwe.

Abashinzwe umutekano batangaje ko bari bamenye ko hari ahantu yihishe, mu gutangira kumuhiga ngo bafashe igihe cyabo kuko bashakaga ko bikorwa mu mutekano, mu minota gusa 45 batangiye igikorwa cyo kumushaka bari bamugezeho.

Ubwo bamugeragaho bakamubona, yari atangiye kujya kwiryamira mu ihema rye rito, iruhande rwe hari imbugita, bavuga ko bari bafite impungenge cyane ko bari ahantu nk’aha mu ishyamba aho uyu ukekwaho ubwicanyi yashoboraga kuba afite intwaro, bavuga ko ku mwegera byari bigoye batazi icyo abitse mu ihema rye,

Rene Anthony Guillotte niwe wishwe tariki 11 Gicurasi 1976, icyo gihe umurambo we wasanzwe wajugunywe ku muhanda wa houston muri Texas, umuhanda utari ugikunze gukoreshwa, isuzuma ryo kwa muganga ryagaragaje ko yishwe ateraguwe ibyuma mu mutwe, mu ijosi, mbese igice kigana kumutwe. Nyuma y’imyaka 41 ukekwaho ubwicanyi yatawe muri yombi akaba agiye kugezwa imbere y’ubutabera.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga