• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
15/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
15/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
15/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Pariki y’Akagera yongeye kwakira Inkura 8 ziyongera kuzo iherutse kwakira

Umwanditsi
May 9, 2017

Inkura 8 z’umukara hamwe n’intare 2 ni inyamaswa zageze mu Rwanda kuri uyu kuwa kabiri tariki ya 9 Gicurasi 2017 zikuwe muri Afurika y’epfo, zigomba gushyirwa muri Pariki y’akagera mu rwego rwo kugarura izi nyamaswa zari zaracitse mu Rwanda.

Inkura 8 z’umukara zizanywe mu Rwanda kuri uyu wa 9 Gicurasi 2017 zije zisanga izindi nkura 10 ziherutse kuzanwa muri iki cyanya cy’akagera, hazanywe kandi intare 2 nazo ziyongereye ku zari zazanywe umwaka ushize ndetse zikaba zo zari zororotse aho ubu intare zibaye 19 zose hamwe.

Izi Nkura 8 z’umukara hamwe n’intare 2 byazanywe, byakuwe muri pariki ya Thaba Tholo Game Ranch mu gihugu cya Afurika y’epfo. Intare z’ingabo zazanywe muri iki cyanya cy’akagera, zizafasha kongera icyororo cy’intare zihasanzwe.

Izi nyamaswa z’inkura mu myaka 10 ishize nta zari zikiboneka mu Rwanda ariko ubu zirahari.

Pariki y’akagera, itangaza ko izi nyamaswa zagejejwe ku kibuga cy’indege cya Kigali I Kanombe mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri tariki 9 Gicurasi 2017 zigahita zijyanwa muri pariki y’akagera. Izi nyamaswa hari hashize imyaka igera mu 10 zitakiboneka mu Rwanda.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga