• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Umuyobozi nshingwabikorwa wa UN Women yasuye Isange one Stop Centre

Umwanditsi
May 10, 2017

Phumzile Mlambo Ngcuka wungirije umunyamabanga mukuru wa Loni akaba ariwe muyobozi nshingwabikorwa wa UN Women, yasuye ikigo cya Isange One Stop Centre giherereye ku Kacyiru.

Uwungirije Umunyamabanga mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi nshingwabikorwa wa UN Women, Phumzile Mlambo Ngcuka, kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Gicurasi 2017 yasuye Isange One Stop Centre iri ku bitaro by’akarere ku Kacyiru, aho yirebeye ibyo yagezeho mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana.

Muri urwo ruzinduko yari aherekejwe n’Umuyobozi nshingwabikorwa wa UN Women mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyepfo, Izeduwa Derex Briggs bari kumwe na Fatou Lo uhagarariye UN Women mu Rwanda.

Yakiriwe na Commissioner of Police (CP) Dr. Daniel Nyamwasa ndetse n’umuhuzabikorwa wa Isange Centres, Superintendent of Police (SP) Shafiga Murebwayire.

SP Murebwayire yamusobanuriye kandi amwereka ahakorerwa serivisi za Isange, abafatanyabikorwa, uburyo yaguye ibikorwa aho iri mu bigo 45 biri mu gihugu hose kugirango yegereze abaturage ubuvuzi, ubujyanama ku ihungabana n’ubwunganizi mu mategeko kandi ku buntu.

Asoza uruzinduko mu butumwa bwe, Phumzile Mlambo yagize ati:”Turashima ibyiza byakozwe.”

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga