• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Bamwe mu bakoresha, bishimiye kubona urubuga rwa Whatsapp ruvuyeho

Umwanditsi
May 18, 2017

Hafi amasaha 12 urubuga rwa Whatsapp abarukoresha batabasha kuruhuriraho, mu gihe bamwe bavuga ko byabababaje ndetse bikababangamira mu gutumanaho binyuze kuri uru rubuga, abakoresha bo bishimiye aya masaha rutakoraga ndetse bamwe bati iyaba rwavagaho burundu.

Abakoresha urubuga rwa Whatsapp mu gutumanaho mu buryo butandukanye, kuva mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Gicurasi 2017 kugera kumanywa yo kuri uyu wakane tariki 18 Gicurasi 2017 bavuye ku murongo w’urubuga rwa Whatsapp mu buryo butunguranye, ibi byatewe n’uko uru rubuga rwakuweho ku mpamvu zitazwi.

Abakoresha bamwe, nyuma yo kubona whatsapp ivuyeho ndetse na bamwe mubakozi baje mu kazi buri wese adahugiye kuri whatsapp, bishimiye kubona berekeje imbaraga zabo kumurimo aho terefone bari bazishyize kuruhande kuko ahani icyatumaga bazihugiraho ari uru rubuga, ngo hari n’ababanje ko ari ugupfa kwa telefone zabo.

Umwe mu bakoresha waganiriye n’intyoza.com yatangaje ko kuvaho kwa whatsapp yabyishimiye, yagize ati:” uravuga ngo whatsapp yavuyeho, ubonye yavuyeho burundu ko wenda abakozi bakora bashyize umutima ku kazi.”

Uyu mukoresha kimwe n’abandi baganiriye n’intyoza.com bavuga ko urubuga rwa whatsapp rwabereye benshi nk’ikiyobyabwenge, kuburyo ngo usanga aho umuntu ari ahugiranye mu kwandikirana n’abantu kuri uru rubuga bityo ngo ku bakozi ugasanga nta musaruro mwinshi ugereranije n’ukenewe kuko hari amasaha batwarwa n’uru rubuga.

Urubuga rwa whatsapp rwakuweho mu ijoro rya tariki 17 gicurasi mu masaha ya saa tanu rwongera kugaru mu ma saa tanu zishyira saa sita z’amanywa ya tariki 18 Gashyantare 2017.

 

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga