• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

ADEPR: Zahinduye imirishyo, nyuma y’ifungwa rya bamwe Komite nshya yashyizweho

Umwanditsi
May 30, 2017

Inteko rusange y’iteroro rya Pantekote mu Rwanda-ADEPR yateranye kuri uyu wa 30 Gicurasi 2017 yashyizeho ubuyobozi bushya busimbura abayobozi bakuru b’iri torero bari mugihome aho bakurikiranyweho inyerezwa ry’umutungo.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Gicurasi 2017 nibwo ahagana saa tatatu za mugitondo inama rusange y’itorero rya Pantekote mu Rwanda-ADEPR yateranye, kimwe mu bintu bikomeye iyi nama yakoze ni ugushyiraho Komite nshya isimbura iyari iriho yamaze kugera mu maboko y’ubutabera izira ibyaha bifitanye isano n’inyerezwa ry’umutungo w’iri torero.

Komite nshya yatowe na buri umwe ku mwanya we.

Abatorewe imirimo mishya muri iri torero ni; Rev. Karuranga Ephreem watorewe kuba umuvugizi w’iri torero, Rev. Karangwa John umuvugizi wungirije, Pasiteri Ruzibiza Viateur yagizwe umunyamabanga mukuru, Mme Aurelia Umuhoza wagizwe ushinzwe imari n’ubukungu, Pasiteri Nsengiyumva Patrick wagizwe umujyanama.

Iyi nama rusange ya ADEPR yateraniye muri Dove Hotel ku Gisozi,  yari igizwe n’abagize inama y’ubutegetsi y’itorero, abashumba mu turere n’indembo hamwe n’ababungirije, abahagarariye Abakristo bose, abitabiriye iyi nama bose hamwe basaga 60, nta munyamakuru wemerewe kuynjiramo.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga