• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
01/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
01/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
01/07/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Nyuma yo kubyara abana basaga 100, ntaranyurwa kuko arifuza abandi

Umwanditsi
July 12, 2017

Asilenu, umugabo w’umunya Ghana w’imyaka 80 y’amavuko ufite abana basaga 100 yabyaye ku bagore 12 avuga ko abana yabyaye badahagije ko ahubwo yari akwiye kubyara abandi.

Kofi Asilenu, Umusaza w’umunya Ghana ku myaka 80 y’amavuko atangaza ko abana basaga 100 yabyaye ku bagore 12 abona badahagije. Avuga ko kuri we yakagombye kubyara abandi bana bakaba benshi kurusha.

Uyu musaza wibanira n’umuryango we ahitwa Amankrom, mu ntera y’urugendo rw’iminota 45 ugiye n’imodoka uva ku murwa mukuru wa Accra, Umuryango we wonyine, ugize 1/3 cy’abaturage 600 baba mu gace abamo.

Asilenu, yatangarije BBC dukesha iyi nkuru ko nta muryango afite w’abo bavukana, ko iyi ari imwe mu mpamvu yo kuba yarabyaye abana benshi aho ndetse yumva ko naba badahagije ahubwo akwiye kubyara abandi.

Yagize ati:” Nta murumuna wanjye cyangwa mukuru wanjye mfite, nta Datawacu nicyo gituma niyemeje kubyara abana benshi ku gira ngo ni napfa zahambwe mu cyubahiro. Mu muco wacu iyo ubyaye umwana abantu bavuga ko ukomeye, nicyo gituma nabyaye abana benshi.”

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga