• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Abantu ibihumbi 50 babuze umuriro kubera Inguge

Umwanditsi
July 18, 2017

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, inyamaswa yo mu bwoko bw’inguge yangije insinga z’amashanyarazi ku rugomero rwo mu majyepfo y’Igihugu cya Zambiya bituma abagera ku bihumbi 50 babura umuriro w’amashanyarazi.

Intandaro yo kugira ngo abantu bagera ku bihumbi 50 babure umuriro w’amashanyarazi, yabaye inyamaswa yo mu bwoko bw’inguge yuriye urugomero rw’amashanyarazi mu majyepfo y’igihugu cya Zambiya ikajya ikurura insinga.

Uru rugomero rw’amashanyarazi, ruherereye mu mujyi w’ubukerarugendo wa Livingstone, kuba inyamaswa z’agasozi zizerera hafi y’uru rugomero byo ngo ni ibintu bisanzwe kuko rwegeranye na parike.

Henry Kapata, umuvugizi w’urugomero rw’amashanyarazi rwa Livingstone yatangaje ko iyi nguge ntacyo yabaye, gusa ngo iyo iza kuba umuntu iba yarapfuye cyangwa se ngo yanarokoka akaba yari gukurikiranwa n’amategeko.

Kapata, yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko iyi nyamaswa yarokowe n’umuryango wita ku kubungabunga inyamaswa z’agasozi, gusa na none ngo irimo gukurikiranwa aho irimo koroherwa nubwo ngo ifite ibikomere bikaze. Umuriro wamaze kugaruka mu mujyi wa Livingstone ndetse no mu gace ka hafi aho k’intara y’uburengerazuba.

Kuba inyamaswa y’inguge yateza ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi, si ubwambere biba kuko n’umwaka ushize mu gihugu cya Kenya nabwo Inguge yatumye igihugu cyose kigwa mu icuraburindi ryo kubura umuriro w’amashanyarazi.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga