• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
01/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
01/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
01/07/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Kamonyi: Abantu 5 bahitanywe n’impanuka mu minsi itatu

Umwanditsi
July 26, 2017

I Gihinga mu murenge wa Gacurabwenge, habereye impanuka eshatu kuva tariki 24 kugera 26 Nyakanga 2017. Abantu batanu bahasize ubuzima.

Kuri uyu wa gatatu tariki 26 Nyakanga 2017 mu mudugudu wa Nyagasozi, akagari ka Gihinga hafi y’ahubatse ibiro by’akarere ka Kamonyi, moto yari itwaye abantu babiri yagonganye n’ikamyo uwari uhetswe ahasiga ubuzima.

Iyi mpanuka yabaye mu masaha ya saa munani z’amanywa, abari aho impanuka yabereye babwiye intyoza.com ko ikamyo yazamukaga yerekeza Kamonyi igaca ku igare ubwo umunyegare yashakaga kuyifata inyuma nibwo umu motari nawe bari bashoreranye yamukubise, umugenzi wari utwawe yahise yikubita muri kaburimbo na motari aragwa.

Aba bombi bajyanywe ku kigo nderabuzima cya Kamonyi, umugenzi wari utwawe yahise yitaba Imana mu gihe umumotari Imbangukiragutabara yaje ku mufata ku kigo nderabuzima aho yahabwaga ubutabazi bw’ibanze ikamujyana ku bitaro bya Remera Rukoma.

Mu gihe iyi mpanuka yahitanye umuntu umwe, tariki ya 24 Nyakanga 2017 mu minsi ibiri gusa ishize, hari habaye impanuka ebyiri zaguyemo abantu bane. Uyu wapfuye none abaye umuntu wa gatanu upfuye kandi bose bagwa ahantu hamwe.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga