• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Yiyahuye arapfa, azira gutinya gufungwa nyuma yo gucibwa amande

Umwanditsi
August 7, 2017

Umusore w’Umwongereza w’imyaka 19 y’amavuko, yasanzwe yiyahuye nyuma yo gutinya gufungwa azira kwanga kwishyura itike ya gariyamoshi akaza gucibwa amande asaga 600 y’amapawundi.

Jamie Coulthard, umusore w’imyaka 19, yasanzwe yiyahuye mu nzu iwabo murugo mu mugi wa Lancashire mu Majyaruguru y’Ubwongereza. Ukwiyahura kwe, ahanini ngo kwaba kwatewe n’uko uyu musore wari ukiri muto yari afite ubwoba bwo gufungwa kubera amande angana n’amapawundi (Amafaranga akoreshwa mu gihugu cy’Ubwongereza Magana atandatu (£600)

Uyu musore nyuma yo kutishyura itike ya gariyamoshi, yaje gucibwa amande. Nyuma yaho, yaje kubona ubutumwa bwayobye ariko we atazi ko bwayobye, bumumenyesha ko amande yazamutse akagera ku Mapawundi (Amafaranga akoreshwa mu gihugu cy’Ubwongereza Magana atandatu (£600). Ibi bikaba ari byo byamuteye ubwoba nyuma y’aho abonye ko iperereza ritangiye gukorwa maze ahitamo kwiyahura kubera gutinya gufungwa.

Nyuma yo gukora iperereza, urukiko rw’ i Preston rwatangaje ko uyu musore wari ukiri muto yari asanzwe afite n’ibibazo mu mutwe byaturukaga ku kuba yari yarabuze akazi. Aba bacamanza bakaba barabwiwe ko uwo musore, kuri uwo munsi yapfiriyeho yari iwabo mu rugo ategereje uwari uje kugura Ivatiri y’iwabo mu rugo.

Kuri uyu musore wari ukiri muto, nkuko amakuru dukesha Dailymail abivuga, ntabwo byamuhiriye kuko Nyina umubyara atashye  yasanze umuhungu we yiyahuye. Nyina yitwa Tracy Woodcock, yagize ati« Umwana wanjye yabanaga neza n’abantu bose kandi nanjye twabanaga neza.»

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Murekezi Zacharie / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga