• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Koreya ya ruguru yamaganiye kure ibihano bishya yafatiwe na ONU

Umwanditsi
August 7, 2017

Igihugu cya Koreya ya ruguru mu gihe cyari kimaze iminsi gisa n’igihanganye mu kwerekana ko kidashaka ukibuza gukora ibitwaro bikomeye byo mu bwoko nucléaire, ibihano bishya bya ONU byatumye gihagurukira ku byamaganira kure.

Koreya ya ruguru, mu itangazo ryaciye mu kinyamakuru cya Koreya ya ruguru, Leta y’iki gihugu itangaza ko itazigera yemera kuganira ku bijanye n’umugambi wayo wa “nucléaire” mu gihe umutekano wayo ukibangamiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Iri tangazo kandi, havugwamwo ko Koreya ya ruguru itazigera isubira inyuma mu bikorwa byayo byo gukomeza ububasha bwa gisirikare bushingiye ku bitwaro bya kirimbuzi “nucléaire”.

Mu gihe Koreya ya ruguru ivuga ibi, Ku rundi ruhande Koreya y’epfo yo ishinja Koreya ya ruguru kuba yaranze kujya mu biganiro bya gisirikare, isobanura ko bitavuye ku mutima.

Nkuko inkuru dukesha BBC ikomeza ibitangaza, Ibihano bishyashya by’Umuryango w’Abibumbye (ONU) bigendereye kugabanya ibyo iki gihugu gishora hanze yayo kugera ku kigero cya kimwe cya gatatu, intandaro y’ibi byose ikaba ari uko iki gihugu cyanze guhagarika kugerageza ibirwanisho byo mu bwoko bwa “missile” na “nucléaire”.

 Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga