• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
06/11/25
Kamonyi-Karama: Polisi yataye muri yombi Abagabo 2 bakekwaho gucuruza no gukwirakwiza Ibiyobyabwenge
06/11/25
Kamonyi-Kayumbu/EP Giko: Hatashywe ibyumba by’amashuri 10 bakurwa mu gisa na Nyakatsi
06/11/25
Ipari yakoze ku bikubo ku mukino wose ndetse n’Ibitego byamuhesheje akayabo ka 1,531,607Frws
06/11/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yataye muri yombi Itsinda ry’Abantu 5 barimo Umugore bakekwaho ubugizi bwa nabi

Muhanga: Uwikoreye ibyaha by’abantu ku Isi ni umwe, buri wese n’umutwaro we-Mayor

Umwanditsi
September 29, 2017

Umuyobozi w’akarere ka Muhanga, Madamu Beatrice Uwamariya yakuriye inzira ku murima bamwe mu bayobozi bakomeje kwijandika mu bibazo by’imyubakire idakurikije amategeko n’amabwiriza agenga imyubakire. Yasabye aba bayobozi hamwe n’abaturage  ko buri wese agomba kwikorera umutwaro we.

Mu nama Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Madamu Beatrice Uwamariya yagiranye n’abaturage mu mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Gifumba mu Murenge wa Nyamabuye kuri uyu wa gatanu tariki 29 Nzeli 2017, inama yibanze cyane ku mazu yubakwa atujuje ibyangombwa, yasabye buri wese kwikorera umutwaro we mu makosa y’iyubakwa ry’amazu.

Beatrice Uwamariya, Mayor wa Muhanga aganira n’abaturage.

Agira ati ” Ubu twaje kugabana ibyaha cyangwa twaje kugabana amakosa, niba ari nanjye wayakoze cyangwa abo dukorana, abo mfiteho ubushobozi, n’ubwo ndafite nabwaka ahandi, umuntu wese wagize uruhare muri ibi bintu, buri wese azahanwa, kandi njye mbigeze kure. Uyu munsi nta muntu uzongera kujya mu mutaka w’undi, nta lifuti mu mutaka buri wese azajya abazwa inshingano ze. Ntabwo umuntu azajya aza ngo yemere ibyaha nk’aho ari Yezu Kirisitu, ni umwe gusa numvise, undi Yezu Kirisitu wavutse azanyiyereke.”

Abayobozi batandukanye bari mu Nteko y’abaturage.

Ubu butumwa busaba abayobozi mu nzego z’ibanze n’abaturage kwikorera buri wese umutwaro we mu bibazo by’imyubakire idakurikije amategeko n’amabwiriza agenga imyubakire, Madamu Beatrice Uwamariya yabuvuze agaragariza buri wese ko nta mbabazi ku makosa azamugaragaraho, ko buri wese azabazwa amakosa ye. Amazu muri rusange yubatswe mu karere ka Muhanga, ntabwo azwi umubare nkuko Meya Uwamariya Beatrice yabitangarije intyoza.com

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5906 Posts

Politiki

4157 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1028 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

152 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga