• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
12/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
12/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
12/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
12/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Abasirikare 3 bo ku rwego rw’aba Jenerali bishwe na Covid-19 muri Sudan y’Epfo

Umwanditsi
March 3, 2021

Igisirikare cya Sudan y’Epfo catangaje urupfu rw’aba jenerari batatu bahitwanywe na Covid-19. Cyavuze ko abo batatu ari David Manyot Barach, Elijah Alier Ayom na Mabior Maket.

Imihango yo gushyingura aba ba Jenerari, izategurwa n’itsinda rizafatanya n’imiryango yabo nkuko bitangazwa n’igisirikare.

Umukuru w’ingabo Gen Johnson Juma Okot yahamagariye abasirikare bose kubahiriza ingamba zo kwirinda Covid-19, ku bw’umuvugizi wa gisirikare Brig Gen Santo Domic Chol.

Muri ibi byumweru bibiri bishize, abanyabwenge babiri bakomeye bo muri kaminuza ya Juba bahitanywe na Covid-19, bituma imibare y’abo imaze guhitana igera kuri 95.

Muri rusange, muri Sudan y’Epfo gushyika ubu harabarurwa abantu 8.144 bamaze kwandura iki cyorezo.

Mu kwezi gushize nkuko BBC ibitangaza, abantu 27 bakora mu biro by’umukuru w’igihugu Salva Kiir harimo n’abamucungira umutekano babasanzemo Covid-19.

Minisiteri y’Ubuzima hamwe n’ishami rya ONU ryita ku buzima (OMS/WHO), bavuga ko Sudan y’Epfo ihanganye n’ukwiyongera kw’abandura kubera ukutubahiriza ingamba zo kwirinda nko kutegerana cyane no kwambara agafukamunwa.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga