Covid-19: Babiri bahitanwe n’iki cyorezo, Huye isimbura Kigali mu kugira abarwayi benshi

Imibare igaragaza ishusho rusange ku cyorezo cya Coronavirus yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 27 Ukuboza 2020, igaragaza ko abantu 2 bapfuye bazize iki cyorezo, mu gihe Akarere ka Huye ariko kabonetsemo abarwayi benshi, aho mu busanzwe Kigali ariyo yajyaga iza ku isonga.

Dore uko imbonerahamwe ya Minisiteri y’ubuzima igaragaza ishusho rusange;
Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →