• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
15/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
15/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
15/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Emmanuel Macron yatsinze Marine Le Pen mu kiciro cya 2 cy’Amatora

Umwanditsi
April 24, 2022

Mu ibarura ry’ikiciro cya Kabiri cy’amajwi y’agateganyo y’amatora ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu cy’ Ubufaransa, ibyamaze gutangazwa bigaragaza ko Emmanuel Macron usanzwe ayobora iki Gihugu, ariwe uri ku isonga. Ibitangazamakuru byo muri iki Gihugu, byatangaje ko mu bimaze gushyirwa hanze, Macron afite amajwi 58% mu gihe Marine Le Pen bahanganye afite 42%.

Igihe hatangazwaga by’agateganyo ibimaze kuva mu ibarura ry’amajwi, imbaga y’abantu bashyigikiye Macron, bari bateraniye mu busitani buri hafi y’umunara uzwi cyane wa Tour d’Eiffel I Paris basazwe n’ibyishimo batera hejuru baririmba intsinzi y’umukandida wabo, bavuga mu majwi y’urwunge “Macron, President”.

Emmanuel Macron, iyi ni manda ya Kabiri y’imyaka itanu yongeye gutorerwa ngo akomeze kuyobora Ubufaransa. Ni mu gihe kandi kuri mukeba we Le Pen bari bahanganye ari inshuro ya kabiri amutsinze, ikaba iya Gatatu yiyamamaza kuri uyu mwanya.

Muri aya matora, iki cyiciro cya kabiri cyitabiriwe ugereranije n’umwaka wa 2017 kuko mbere abitabiriye bari ku gipimo cya 25% mu gihe ubu bari ku gipimo cya 28%. Marine Le Pen watsinzwe amatora, yabwiye abamushyigikiye nkuko BBC ibitangaza ko nubwo atsinzwe ariko urugamba rwo rutarangiye kandi ko bageze ku musaruro w’amateka.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga