• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
13/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
13/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
13/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Imyanya y’aba Guverineri habayemo isubirwamo ku byari byatangajwe

Umwanditsi
October 5, 2016

Nyuma y’uko kuri uyu wa kabiri taliki ya 4 ukwakira 2016 Perezida wa Repubulika Paul Kagame ashyiriyeho Guverinoma nshya n’izindi nzego nkuru z’ubuyobozi, ibya ba  Guverineri byasubiwemo.

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 5 ukwakira 2016, hongeye kuba impinduka mu myanya y’ubuyobozi bukuru nyuma y’ishyirwaho rya Guverinoma nshya n’indi myanya y’abayobozi bakuru mu nzego za leta zitandukanye. Ba Guverineri bayoboye intara nta n’umwe wagumye mu ntara ya yoboraga, uticajwe yahinduriwe intara ya yoboraga.

Icyahindutse mu byari byatangajwe ni mu ntara y’uburengerazuba n’intara y’amajyepfo. Itangazo ryasohotse mu biro bya Minisitiri w’intebe rishyizweho umukono na Anastase Murekezi Minisitiri w’intebe, ryatanze ubugorora ngingo ku myanya ya bamwe muba Guverineri bitandukanye n’uko byari byatangajwe mbere.

urwandiko-rutanga-ubugororangingo-kuri-ba-guverineri

Intara y’amajyepfo, aho kugira ngo Guverineri Munyentwari Alphonse ayigumemo yahawe Mureshyankwano Marie Rose uyu akaba yari asanzwe ari intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko, Intara y’uburengerazuba yo yahawe Munyentwari Alphonse akaba yari asanzwe ari Guverineri w’intara y’amajyepfo.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga