Kamonyi: Abantu bane bakekwaho kwica umukecuru Nyirampfakaramye bafashwe

Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha-RIB, ku mugoroba w’uyu wa 02 Ugushyingo 2020 rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kwica umukecuru Nyirampfakaramye Vilijiniya w’imyaka 66 y’amavuko. Hanatawe muri yombi kandi umugore witwa Uwimana Alphonsine ukehwaho kuba ariwe watanze akazi ko kwica uriya mukecuru.

Dore uko RIB yatangaje ifatwa ry’aba bakekwa;

Soma hano inkuru ivuga ku iyicwa ry’uyu mukecuru;Kamonyi/Rugalika: Umukecuru w’imyaka 66 yishwe atewe icyuma
Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →