• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
10/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
10/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
10/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
10/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Kamonyi: Impungenge ku iyubakwa ry’umuhanda wa Kaburimbo Ruyenzi-Gihara zashize-Amafoto

Umwanditsi
September 8, 2021

Umwaka n’amezi asaga 8 birashize abatuye Akarere ka Kamonyi by’umwihariko abakoresha umuhanda Ruyenzi, Gihara bategereje iyuzuzwa ry’umuhanda wa mbere wa Kaburimbo winjira muri karitsiye ufatiye ku muhanda mukuru unyura muri aka karere ugana amajyepfo no mu bindi bice by’igihugu. Nyuma y’igihe hibazwa amaherezo, ubu umuhanda watangiye gushyirwamo ibizwi nka Godoro bamena mu muhanda uri hafi gushyirwamo Kaburimbo.

Igikorwa cyo gushyira Godoro muri uyu muhanda, aho iyo isa n’imaze kumuka barenzaho umusenyi muke kigeze nko mu cyakabiri cy’uyu muhanda uzubakwa kugera Gihara mu gice cyangwa se igika cya mbere, kuko ubundi wose uzagera Nkoto. Abazi ahazwi nko kwa Musenyeri, ubu niho bageze.

Tuyizere Thaddee, Umuyobozi w’Agateganyo w’Akarere ka Kamonyi amara impungenge abaturage b’aka karere n’abandi bakoresha uyu muhanda, ko nubwo icyorezo cya Covid-19 cyakomye mu nkokora iyubakwa ry’uyu muhanda, ubu ngo gahunda nta yindi itari ukwihutisha ikorwa ryawo.

Aha ni aharangiye gushyirwaho Godoro n’agasenyi cg umucanga useye cyane.

Meya Tuyizere, amara kandi impungenge abibaza kuri kaburimbo izashyirwa muri uyu muhanda, aho bamwe usanga bavuga ko ari iyoroheje( Bicouche). Ashimangira ko uyu muhanda uzashyirwamo kaburimbo ikomeye itari iyo bamwe bavuga ngo ni Bicouche.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga