• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
10/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
10/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
10/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
10/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Kamonyi-Musambira: Amwe mu mafoto yihariye mu kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi(amafoto)

Umwanditsi
May 22, 2022

Kuri uyu wa 21 Gicurasi 2022, Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Musambira, bafatanije n’Abanyamusambira muri rusanjye bahatuye n’abatahatuye, ababatabaye, bibutse ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa bwatanzwe, basabwe kuba Umwe, kurwanya amacakubiri n’ivangura iryo ariryo ryose.(amafoto).

Amwe mu mafoto yaranze iki gikorwa cyo kwibuka;

Senateri Mugisha Alexis ashyikirizwa indabo zo gushyira ahari urwibutso rw’Abatutsi bishwe iruhande rw’ikiraro cya Kayumbu.
Mayor wa Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere.
Gitifu b’Imirenge. Uhereye ibumoso ni; Gitifu wa Kayumbu, uwa Nyarubaka, uwa Musambira n’uwa Gacurabwenge bari Kayumbu hasi ahabanje gushyirwa Indabo.
Abagize inzego z’umutekano.
Perezida wa Ibuka Kamonyi.
Padiri na Pasiteri bunamira inzirakarengane.

Aha, bari bagarutse ku kibuga cya kiliziya Gatolika ya Musambira ahabereye umuhango wo Kwibuka.
Senateri Mugisha Alexis ashyira indabo ku rwibutso ruri iruhande rwa Kiliziya, ahahoze hashyinguwe imibiri y’Abatutsi bishwe, ikahakurwa ijyanwa mu Rwibutso rwo Mukibuza.
Depite Rwaka.
Mayor wa Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere.
Inzego z’umutekano.
Ba Gitifu b’imirenge itandukanye barimo n’uwa Musambira na bagenzi be bamutabaye.
Perezida wa Ibuka Kamonyi.
Abahagarariye Amadini n’Amatorero.
Abikorera.

Perezida wa Ibuka Musambira.

Padiri asengera imbaga yaje kwibuka.
Munyankumburwa Jean Marie watanze ikiganiro ku mateka.
Uwatanze ubuhamya.
Umuhanzi Bonhomme watanze ubutumwa mu ndirimbo.
Umuhanzi ukiri muto, watanze ubutumwa mu ndirimbo yibutsa Ababyeyi kubwira abana amateka ya Jenoside.
Bamwe mu bitabiriye Kwibuka.

Senateri Mugisha Alexis, yabwiye abakiziritse ku ngengabitekerezo ya Jenoside ko bameze nk’ikirondwe cyumiye ku ruhu Inka yarariwe cyera.

Imibiri 4 yabonetse niyo yagiye gushyingurwa mu cyubahiro mu rwibutso rwo mu Kibuza.

 

Munyaneza Theogene

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga