Kamonyi: Umuyobozi wa WFP (PAM) ku isi yasuye abahinzi b’ibigori mu Kibuza-Amafofo

David Beasley, umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa ku isi-WFP(PAM) kuri uyu wa 28 Werurwe 2019 yageze bwa mbere mu karere ka Kamonyi aganira n’abahinzi bibumbiye muri Koperative KABIAKI, bahinga ibigori mu gishanga cya Kibuza mu Murenge wa Gacurabwenge. Aya ni amwe mu mafoto twaguhitiyemo yaranze uru ruzinduko.

David Beasley aganira na Alice Kayitesi/ Mayor Kamonyi, akanyamuneza karagaragara kuri bose.

 

Umuyobozi wa WFP aganira n’abahinzi.

 

Mayor Kayitesi yashimiraga uyu muyobozi anamwifuriza urugendo ruhire we n’umufasha we n’ababaherekeje.

 

Icyo nabonye nawe ureba ni uko uyu mukecuru ari kumwongorera ariko ibindi ntacyo numvise.

 

Aha ibyishimo ni byose ku ndamukanyo y’umukecuru.

 

Nabonaga baganira ariko ibyo bavugaga si nabyumvaga.

 

 

Dadid Beasley bamuhaye impano we n’umufasha we agaragaza ibyishimo.

 

 

Ifoto rusange.

 

Nyuma y’uko umushyitsi agiye ibigori byahuye n’akaga.

 

 

Ubu bwanikiro n’ubwo bushaje ariko buracyakora akazi.

 

Ubwanikiro bushya.

Soma inkuru irambuye ijyanye n’uru ruzinduko rwa David Beasley mu karere ka kamonyi hano: http://www.intyoza.com/kamonyi-umuyobozi-wa-wfp-ku-isi-yijeje-abahinzi-bibigori-ko-azaratira-perezida-kagame-ibyo-yabonye/

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →