• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/06/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
30/06/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
30/06/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
30/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Perezida Kagame yakoranye umuganda n’abaturage bo muri Rubavu- Amafoto

Umwanditsi
March 26, 2016
Mu gikorwa cy’umuganda rusange cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2016, Perezida Kagame yifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba muri iki gikorwa batera ibiti by’imikindo mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije.

p2

Perezida Kagame yakoranye umuganda n’aba baturage mu gihe ari mu ruzinduko mu karere ka Gakenke na Rubavu, nyuma yawo akaba yahise ahura n’abaturage kuri sitade Umuganda.

P1p3

New Picture

Abaturage benshi bo muri Rubavu baje kwakira umukuru w’igihugu

New Picture (1)

Nyuma yo gusoza umuganda, abaturage basiganwaga bagana kuri stade kwakira umukuru w’igihugu

New Picture (2)

Ubwo Perezida Kagame yasuhuzaga abatuye i Rubavu

New Picture (3)

Mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku baturage batuye mu karere ka Rubavu, yabibukije ko bakwiye kubyaza umusaruro agace batuyemo, ko ari amahirwe kuri bo kuba batuye ku mupaka w’u Rwanda bakaba bahana imbibi n’ibindi bihugu.

Ati: “Mukoreshe amahirwe mufite yo guhana imbibi n’ibindi bihugu, maze mwagure isoko ryanyu,…Tugomba gukoresha uburyo buhari tukongera umusaruro uva mu buhinzi ndetse n’agaciro k’iby’iwacu”.

Perezida Kagame akaba asaba abaturage ba Rubavu n’abandi banyarwanda bose muri rusange gukorera hamwe harindwa ibikorwa remezo byagezweho n’ibindi byose muri rusange, akaba na none asaba aba baturage gukomera ku isuku bakayigira umuco.

Amafoto: Village Urugwiro

 

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga