• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
10/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
10/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
10/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
10/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Stella Nyanzi, utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni yahunze Igihugu

Umwanditsi
February 4, 2021

Stella Nyanzi impirimbanyi itavugarumwe n’ubutegetsi buriho muri Uganda yahunze iki gihugu yerekeza muri Kenya, nk’uko byemejwe n’umunyamategeko we.

George Luchiri, umunyamategeko wa Nyanzi yabwiye umunyamakuru wa BBC  ko “yabonaga ibikorwa byo gufunga cyangwa gushimuta abanyapolitiki nawe bimusumbirije”.

Nyanzi, wari umwalimu muri kaminuza, yambutse umupaka wa Kenya na Uganda mu modoka rusange yiyoberanyije ngo adafatwa.

Ibinyamakuru muri Kenya bivuga ko n’abana be bari kumwe nawe i Nairobi, aho bageze kuwa gatandatu ushize. Madamu Nyanzi yumvikanye kenshi anenga ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Museveni, ndetse na perezida ubwe.

Mu kwezi kwa kabiri umwaka ushize wa 2020, yavuye muri gereza nyuma yo guhanagurwaho icyaha cyo gutuka umukuru w’igihugu anyuze kuri internet.

Mu kwezi kwa cyenda 2018, Nyanzi yahamijwe icyaha kubera ubutumwa yanditse kuri Facebook avuga ku myanya myibarukiro ya nyina wa Perezida Museveni.

Nyanzi nkuko BBC ikomeza ibitangaza, ubu ari gusaba ubuhungiro muri Kenya, nk’uko umunyamategeko we abivuga. Mu matora aherutse muri Uganda, Stella Nyanzi yiyamamarije umwanya w’umudepite w’umugore uhagarariye Kampala, ntiyatsinda.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga