• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
14/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
14/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
14/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Umunyamabanga nshingwabikorwa afunze akekwaho kurya ibya leta

Umwanditsi
May 12, 2016

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Nkingo, ari mu maboko ya Polisi aho akekwaho kuba yarariye itanura ry’amatafari rya Polisi.

Karake Francois Xavier, umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Nkingo umurenge wa gacurabwenge afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Runda aho akekwaho kugurisha itanura ry’amatafari ahiye rya Polisi.

Itanura uyu Karake bivugwa ko yariye ngo ni itanura ry’amatafari ahiye polisi yabumbishije igira ngo ibashe kubona amatafari yo kwiyubakira ibiro byayo.

Ubwo ikinyamakuru intyoza.com cyavuganaga n’umuvugizi wa Polisi mu ntara y’amajyepfo CIP Hakizimana Andre, yahamije ko amakuru yifungwa ry’uyu mugitifu wa Nkingo ari impamo.

CIP Hakizimana, avuga ko uyu Karake akurikiranyweho Kunyereza umutungo w’ikigo kigengwa na Leta (Polisi), akomeza avuga ko amatafari uyu Karake yagurishije atari aye ko ahubwo yari aya Polisi.

Itanura Gitifu Karake akurikiranyweho ngo ryubatswe mu kagari ka Kabagesera mu murenge wa Runda, imyaka ishize isaga ine aho benshi bibaza uburyo iki gihe cyose cyashize n’icyo polisi yakoraga.

 

intyoza.com

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga