• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/06/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
30/06/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
30/06/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside
30/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: OLYMPIC FCA yatsinze FAPA(Abakanyujijeho mu MAVUBI) itwara irushanwa

Umushoferi utwara Ingabire Marie Immaculee yishwe n’abagizi ba nabi

Umwanditsi
February 6, 2021

Amakuru agera ku intyoza.com ni ay’uko umushoferi watwaraga Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda-TI, Madame Ingabire Marie Immaculee yishwe n’abagizi ba nabi.

Aya makuru y’uko umushoferi wa Ingabire Marie Immaculee yishwe n’abagizi ba nabi yemejwe na Ingabire Immaculee ubwe, aho ku murongo wa terefone atabashije kuvugana n’umunyamakuru wa intyoza.com ariko ku butumwa bugufi agasubiza ko aya makuru ari “Ukuri”.

Ingabire Marie Immaculee ahamya ko iyicwa ry’umuahoferi we ari ukuri. Ati ” Byabereye Kimironko, hagati ya saa mbiri na saa mbiri n’igice”. Akomeza avuga ko we babimubwiye saa tatu, aho kugeza twandika iyi nkuru bari bakiri ku bitaro bya Kacyiru bizwi nk’ibya Polisi gupimisha umurambo( gukoresha Autopsy)

Twagerageje guhamagara umuvugizi w’ubugenzacyaha-RIB ariko ntiyitaba terefone ngendanwa. Ubutumwa bugufi(SMS) kuri Terefone nabwo ntiyasubije, mu gihe kuri whatsapp twagerageje kubaza nawe akatubaza agira ati “ Ngo yaba yiciwe hehe”?.

Turacyakurikirana amakuru arambuye kuri ubu bugizi bwa nabi ku iyicwa ry’uyu mushoferi.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5823 Posts

Politiki

4074 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga