• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
02/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
02/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
02/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

Perezida Kagame na Perezida Magufuli bashimangiye ubucuti

Umwanditsi
April 6, 2016

Abaperezida bombi uw’u Rwanda Paul Kagame n’uwa Tanzaniya John Pombe Magufulu bahamije umubano n’ubucuti bw’ibihugu byombi.

Ku munsi wa mbere mu minsi ibiri y’uruzinduko agomba kugirira mu rwanda ku butumire bwa mugenziwe w’u rwanda Paul Kagame, Perezida Magufuri yahamije ko Perezida Kagame ari inshuti ye, ko kandi abanyarwanda ari abavandimwe.

Uruzinduko rwa Perezida Magufuli, rwatangiye kuri uyu wa gatatu Taliki ya 6 Mata 2016 aho yarutangiye we na mugenzi we bafungura ku mugaragaro umupaka uhuriweho n’ibihugu byombi (One Stop Border).

Magufuli PK

Mu ijambo rya Perezida Magufuli, yavuze ko aje mu rwanda nk’inshuti, ko aje nk’umuvandimwe ndetse ko kandi aje nk’umuturanyi, aha kandi yagize ati “nishimiye gusura abanyarwanda nshimira inshutiye yanjye perezida Kagame wanyakiriye”.

Perezida Magufuli, yakomeje avuga ko mu ruzinduko rwe rw’iminsi 2 azamara mu Rwanda azi neza ko hari byinshi aziga, akaba anashaka gushimangira ko Abanyatanzaniya ari abavandimwe b’abanyarwanda.

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, mu ijambo rye yashimye umubano mwiza urangwa hagati y’ibihugu byombi, ashima kandi Perezida Magufuli uburyo arushaho kunoza uyu mubano.

Perezida Kagame kandi yavuze ko abaturage b’ibihugu byombi Tanzaniya n’u Rwanda bakeneye Amahoro, bakeneye ubucuti ndetse ko bakeneye guhahirana no gutera imbere.

TZRDA

Urugendo rwa Perezida Magufuli, kuva yatorerwa kuyobora Tanzaniya nirwo rugendo rwambere akoze hanze y’igihugu cye aho kandi muri uru ruzinduko azifatanya n’abanyarwanda mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

 

 

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga