Igishanga cya Kibuzi cyambuwe rwiyemezamirimo wagihingaga kuko ubushobozi bwamubanye buke gihabwa abaturage yakoreshaga. Iki gishanga kiri mu murenge wa Gacurabwenge hagati y’utugari tubiri aka Nkingo n’aka Kigembe gifite ubuso bwa hegitari 79 , rwiyemezamirimo...
Read More
Miliyari zisaga enye zatikiriye mubiza
Amafaranga asaga miliyari enye y’u Rwanda yagaragajwe nk’ayagiye kubiza mu mezi icyenda ashize. Akayabo ka Miliyari enye na Miliyoni Magana arindwi na mirongocyenda y’amanyarwanda niyo yagiye kubyangijwe n’ibiza mu mezi icyenda ashize nkuko byatangajwe...
Read More