Inzu y’ubufasha mu by’amategeko ( MAJ Kamonyi ) yishimira ko ibibazo biyigeraho kugeza ubu bibonerwa ibisubizo kandi byiza. MAJ ni inzu y’ubufasha mu by’amategeko ikaba serivise ya minisiteri y’ubutabera yegerejwe abaturage aho bahabwa ubufasha...
Read More
Kamonyi : Akarere mu nyubako nshya
Nyuma y’igihe akarere ka Kamonyi gakorera mu mazu katijwe n’umurenge wa Rukoma, ubu karakorera mu nyubako nshya y’akarere iri mu murenge wa Gacurabwenge. Inyubako nshya y’akarere yuzuye iri ahitwa Igihinga kumuhanda wa kaburimbo mu...
Read More