Perezida Paul Kagame, yagarutse k’ubumwe bugomba kuranga abanyarwanda, Umutekano n’ubusugire by’Igihugu, kwiha intego mu kugera kure hashoboka, gutanga serivise zinoze kandi zigera kuri bose hamwe n’ibindi bigomba gukorwa hagamijwe kwihutisha iterambere. “Banyarwanda, banyarwanda kazi,...
Read More
Nyarugenge: Umuturage yasubijwe Moto ye nyuma y’uko Polisi ifashe ukekwaho kuyiba
Umuturage wo mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge witwa Akimana Belyse arashimira Polisi y’u Rwanda kuba yarafashe umuntu wari wamwibye moto ye ndetse ikayimushyikiriza tariki ya 30 Ukuboza 2016. Asobanura uko iyi...
Read More
Abantu babiri mu masaha 24 barashweho na Polisi umwe arapfa undi ararusimbuka
Abagabo babiri umwe w’umunyamategeko uburanira abantu mu nkiko n’undi w’umukozi wa MTN mu masaha atandukanye barashweho na Polisi batwaye imodoka umwe arapfa undi ararusimbuka ariko atabwa muri yombi na Polisi. Binyuze ku rubuga rwa...
Read More
Leta y’u Burundi irahatira u Rwanda gusaba imbabazi bitaribyo bagacana umubano
Perezida Petero Nkurunziza uyoboye u Burundi, yatangaje ko niba u Rwanda rudasabye imbabazi u Burundi ngo bwiteguye gufata icyemezo cyo gucana umubano hamwe n’ubundi buhahirane bwose bwahuzaga ibi bihugu byombi. Perezida Petero Nkurunziza, mu...
Read More
Muhanga: Mayor ahamya ko nta ruhare afite mu gukingira ikibaba abateza urusaku mukabari
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Uwamariya Beatrice avuga ko nta ruhare na ruto afite mu gukingira ikibaba abacuruzi bivugwa ko urusaku rw’umuziki uva mutubari twabo rubangamiye abaturage. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa gatanu...
Read More
Koffi Olomide icyamamare muri Muzika yamaze gusesekara i Kigali
Koffi Olomide, Umuhanzi akaba umuririmbyi ukomeye ndetse ukunzwe haba iwabo muri Kongo Kinshasa haba no hanze y’Igihugu cye yamaze gusesekara mu murwa mu kuru w’u Rwanda Kigali. Izina Koffi Olomide, ni izina rivugwa muri...
Read More
Senderi International Hit ati 2016 ntibyagenze neza cyane ariko 2017 Ndaje mu dushya twinshi
Umuhanzi ukunzwe nkuko abyivugira, Senderi International Hit avuga ko nubwo umwaka wa 2016 utamworoheye ariko ngo arizeza abafana be n’abandi ko hari byinshi byiza abateganyiriza umwaka utaha wa 2017. Senderi International Hit, umuhanzi nyarwanda...
Read More
Ishyaka ry’Iterambere n’Ubusabane mu Rwanda PPC rirashidikanya niba rizahatanira kuyobora u Rwanda
Mu gihe mu Rwanda umwaka utaha wa 2017 hateganijwe amatora y’Umukuru w’Igihugu, ubuyobozi bw’ishyaka PPC bwo buracyari mu mayira abiri aho buvuga ko butazi niba buzatanga umukandida cyangwa niba ntawe buzatanga. Hon. Dr Muhabaramba...
Read More
Abamotari bakorera mu mujyi wa Musanze basabwe kugira uruhare mu gukumira ibyaha
ACP Mutezintare Bertin, umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’amajyaruguru, mu nama yagiranye n’abamotari bagera kuri 600 bibumbiye mu mashyirahamwe atatu, yabasabye kugira uruhare mu gukumira ibyaha. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu...
Read More
Icyamamare Celine Dion cyateye utwatsi ibyo kuririmbira Donald Trump mu irahira
Umuhanzi kazi w’icyamamare mumuziki, Celine Dion yahakaniye perezida wa Amerika Donald Trump watowe ko k’umunsi w’irahira rye nta mwanya wo kuririmba yamubonera. Celine Dion w’imyaka 48 y’amavuko, ni umuhanzi kazi wamenyekanye cyane ndetse akundwa...
Read More