INtumwa za rubanda mu nteko rusange zemeje ko abagore bari mu kiruhuko cyo kubyara babagomba guhabwa umushahara wabo wose mugihe cy’amezi atatu. Hari kuri uyu wa Kabiri ubwo umushinga w’itegeko rishyiraho rikanagena imitunganyirize...
Read More
Kamonyi: Kubahiriza igihe kw’abiyamamaza ni ingorabahizi
Mu gihe kwiyamamaza ku bakandida bazajya mu buyobozi bw’akarere bikomeje, benshi mu biyamamaza bagowe no kubahiriza igihe bahabwa. Kwiyamamaza kw’abakandida bahatanira kujya mu buyobozi bw’akarere nubwo biri kugenda bigana ku musozo, abiyamamaza kimwe...
Read More