• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
02/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
02/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
02/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

Ngoma: Abaturage bagera kubihumbi 2000 bazindukiye mu myigaragambyo

Umwanditsi
May 18, 2016

Nyuma yo gutegereza amezi agera kuri atatu batabona amafaranga yabo, abaturage bagera ku bihumbi 2000 bahisemo gukora imyigaragambyo basaba amafaranga bakoreye.

Kuri uyu wa gatatu Taliki ya 18 Gicurasi 2016, abaturage bo mu murenge wa Remera akarere ka Ngoma, bazindukiye mu myigaragambyo basaba guhabwa amafaranga yabo.

Aba baturage bagera ku bihumbi 2000, bakora akazi ko guca cyangwa gutunganya amaterasi y’indinganire, nyuma yo kumara amezi atatu yose badakora ku ifaranga kandi byitwa ko bakora, bahisemo gushyira isuka n’ibikoresho bakoresha hasi maze bayoboka inzira yo kwigaragambya bagendereye kugaragaza akababaro kabo.

Umushinga witwa RSSPLWH wa Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ukorera mu karere ka Ngoma ari nawo ukoresha aba baturage mu materasi, butangaza ko impamvu yatumye abaturage batinda kubona amafaranga yabo byatewe n’uko ngo amafaranga yayobye bityo agatinda.

Ubu buyobozi, butandagaza kandi ko bukora ibishoboka byose kugira ngo aba baturage babe babonye amafaranga bubagomba bitarenze kuri uyu wa kane w’iki cyumweru uretse ko abaturage bo bavuga ko bazayabara bayabonye.

 

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga