Minisitiri w’uburinganire no kurengera umwana muri Namibia, yasuye Isange One Stop Center, anyurwa na byinshi bihakorerwa harimo n’izina ubwaryo “Isange”. Ku itariki 11 Nyakanga, Minisitiri w’uburinganire no kurengera umwana mu gihugu cya Namibiya Doreen...
Read More
Bugesera: Yategewe mu ishyamba rya Gako bamurasa umwambi w’ingobe ararusimbuka
Umusore w’imyaka 29 yatezwe n’abagizi banabi, abacitse bashaka uko bamurasa Imana imuhagararaho ararusimbuka, umwambi ufata itara rya moto yari atwaye. Kuri uyu wa mbere Taliki ya 11 Nyakanga 2016, mu ishyamba rya gashora umusore...
Read More
Imirwano muri Sudani y’epfo yakoze ku ngabo z’u Rwanda ziriyo
Imirwano iri kubera muri Sudani y’amajyepfo, ishyamiranije ingabo za Perezida uriho na Visi Perezida we yibasiye benshi barapfa abandi barakomereka harimo n’ingabo z’u Rwanda. Intambara iri kubera muri Sudani y’epfo, guhera ku wagatanu w’icyumweru...
Read More
Euro 2016 yegukanywe na Portigal, ikipe itarahabwaga amahirwe
Mu mukino wa nyuma w’igikombe gikinirwa ku mugabane w’iburayi Euro 2016, ikipe ya Portigal yatwaye igikombe itsinze abafaransa aribo bahabwaga amahirwe. Ikipe y’igihugu cya Portigal, kuri iki cyumweru Taliki ya 10 Nyakanga, niyo yegukanye...
Read More