• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
02/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
02/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
02/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

Rubavu : Abimuwe ku musozi wa Rubavu ntibagira aho bashyingura

Umwanditsi
August 31, 2016

Abimuwe ku musozi wa Rubavu bagatuzwa Kanembwe bavuga ko nta rimbi bagira, ko iyo umuntu yapfuye bajya gusa abaturanyi aho bashyingura mu masambu yabo baturage. Ubuyobozi bw’akarereka Rubavu nabwo ntibuhabanya n’aba baturage ari buvugako mu ngingo y’imari ya 2016 na 2017 hari abaturage bazimurwa, hagashyirwa irimbi.

Mu gihe leta ivuga ko nta muturage wemerewe gushyingura mu rugo, ko ahagombwa gushyingurwa ari mu irimbi rusange rizwi; abimuwe ku musozi wa Rubavu bavuga ko bamaze imyaka igera kuri itandatu batujwe Kanembwe, ngo muri iyi myaka yose bahabaye ntibagira irimbi.

Jean Baptiste Twahirwa n’umwe mu batuye muri uyu mudugudu aragira ati:« kugeza ubu ngubu nta rimbi dufite hano kujya gushyingura ni ukujya gutira mu baturanyi, dushyingura mu baturage ».

Jean Baptiste, siwe gusa kuko n’abagenzi be bahuriza kuri iki kibazo. Umubyeyi w’imyaka 41 avuga ko iki kibazo cyo kutagira irimbi kibakomereye kuko iyo umuntu yapfuye, ukajya gushakisha aho umushyingura biba bitoroshye kuko ushobora gusaba abaturanyi batatu ntawe urakwemerera. Aba baturage basaba ababishinzwe  guhabwa aho bashyingura.

Uwampayizina Marie Grace, umuyobozi w’akarere ka Rubavu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage avuga ko iki kibazo kizwi, ariko ngo kugirango babone aho bashyira irimbi bisaba ko hari abaturage babanza kwimurwa. Gusa ngo byarateganijwe mu ngengo y’umwaka utaha 2016 / 2017 kuko babonye aho bazashyira irimbi, mu murenge wa Cyanzarwe no mu murenge wa Rubavu ahari agasozi abaturage bahuriraho.

Uwimana Ferdinand  

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga