Mu gihugu cya Tanzaniya, intare y’ingore mu buryo bwatangaje benshi, yakoze ibintu bidasanzwe ubwo yonsaga icyana cy’ingwe aho ndetse ikirinda icyagihungabanya. Ni ubwambere ibintu nk’ibi bigaragara. Ibi bisimba, Intare ndetse n’iki cyana cy’ingwe byabonywe...
Read More
Perezida Paul yeruriye abanyaruhango ko ibizava mu matora babizi kuva muri 2015
Ubwo yari muri gahunda yo kwiyamamaza yatangiriye mu karere ka Ruhango ari nako avukamo, Perezida Paul Kagame yabibukije ko ibizava ku matora ya perezida wa Repubulika 2017 babizi kuko aribo babyisabiye. Perezida Paul Kagame,...
Read More