Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gukora no kugurisha impushya zo gutwara ibinyabiziga za burundu. Nk’uko Polisi ikorera muri ako karere ibitangaza, aba bagabo bafatiwe mu kagari...
Read More
Kamonyi: Umusaza w’imyaka 65 y’amavuko yafatanywe ibiro 3 by’urumogi
Mu mudugudu wa Bugoba, akagari ka Bugoba ho mu murenge wa Rukoma hafatiwe umusaza w’imyaka 65 y’amavuko afatanwa ibiro 3 by’ikiyobyabwenge cy’urumogi. Yeretswe abaturage nyuma y’umuganda hanatangwa ubutumwa busaba buri wese kwirinda ibiyobyabwenge. Mu...
Read More