Itangazo ryatanzwe n’ibiro bya Perezidansi ya Tuniziya mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 24 Nyakanga 2019 rivuga ko Mohamed Beji Caid Essebsi wari Perezida w’iki gihugu yitabye Imana ku myaka 92 y’amavuko....
Read More
Ruhango: Ukekwaho kwiyita umukozi wa compassion international akambura abaturage yafashwe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ruhango mu murenge wa Kinazi kuri uyu wa 24 Nyakanga 2019, yafashe umugabo witwa Karake Innocent w’imyaka 44 y’amavuko wabeshyaga abaturage avuga ko akorera umushinga wa compassion...
Read More
Kayonza: Polisi n’abafatanyabikorwa bayo bagiriye inama abahohotewe kwegera inzego z’ubutabera
Kuri uyu wa 24 Nyakanga 2019 Polisi y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bashishikarije abakorewe ihohoterwa gutanga amakuru kugira ngo ababigizemo uruhare bafatwe bashyikirizwe ubutabera. Ubu bukangurambaga buri muri gahunda y’ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi y’u...
Read More