• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/07/25
Umunyamakuru muzima ni uriho si uwapfuye-Me Jean Paul Ibambe
20/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: URUGAGA RW’ABAYOBOZI ku Mudugudu rwabaye igisubizo ku mibereho myiza y’Umuturage
20/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
20/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira

Papa Francis yasabye imbabazi nyuma yo gukubita umugore urushyi mu ruhame

Umwanditsi
January 2, 2020

Umushumba wa Kiriziya Gatolika, Papa Francis yemeye ko yananiwe kwihangana ubwo umwe mu bakirisitu w’umugore yamukururaga bigatuma afatwa n’uburakari akamukubita urushyi. Ibi Papa yakoze yabisabiye imbabazi nubwo byatunguye benshi.

Gukubita uyu mugore urushyi byabaye ubwo abakirisitu Gatolika bari mu rugendo rutagatifu ku kibuga kititiwe Mutagatifu Petero I Roma, umugore akaza gufata Papa ukuboko akamukurura ubwo yatambukaga hafi no kumutura hasi.

Papa Francis, yarimo asuhuza abana n’abandi bari bateraniye muri iki kibuga hanyuma agiye, umugore umwe mu bari aho amufata ukuboko arakurura n’ingufu nyinshi.

Ibyakozwe n’uyu mugore byatumye Papa agerageza kumwikura bikanga, ahita amukubita urushyi ku kaboko ababaye aribwo umugore yamurekuye. Papa yaje nyuma kwemera ko kwihangana byanze, yemera ko nawe ashobora gucumura nk’ikiremwamuntu nk’abandi.

Nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibivuga, Papa yagize ati “ Kenshi biranga ko twihangana. Nanjye birashoboka kunshyikira. Nicyo gituma nsabye imbabazi kubyabaye iri joro”.

Ubwo umukirisitu yafataga Papa agakurura n’ingufu.

Ibyakozwe na Papa Francis, byatangaje benshi kuko imbere y’aho, mu gihe yashyikirizaga ijambo ryo kwifuriza Abakirisitu umwaka mushya yari yamaganye ihohoterwa rikorerwa abagore.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5835 Posts

Politiki

4086 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1000 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga