• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
02/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
02/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
02/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

Abasirikare n’Abapolisi bakuru muri Zimbabwe kati“ Nta guhirika ubutegetsi kwabaye”

Umwanditsi
June 11, 2020

Abategetsi bakomeye mu nzego z’umutekano mu Gihugu cya Zimbabwe babeshyuje ibyo bita ibihuha bivuga ko hari abashatse guhirika ubutegetsi buriho. Ni inyuma y’imyaka ibiri Robert Mugabe akuwe ku butegetsi n’agatsiko gashyigikiwe n’abasirikare. Abakekwa ngo bagamije kwanduza ishusho ya Perezida, bakaba bagiye guhigwa ndetse bakirukanwa.

Akanama kadasanzwe k’umutekano kagizwe n’abakuru b’abasirikare n’abapolisi gashinja abanyepolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi buriho, abahoze mu ishyaka rya Zanu-PF gukwirakwiza ayo makuru y’ibinyoma.

Uretse aba bahoze mu ishyaka rya Robert Mugabe bashinjwa gukwiza ibinyoma, ijwi rya Amerika dukesha iyi nkuru rivuga ko mu batugwa intoki mu gutiza umurindi ibi binyoma harimo n’itangazamakuru, abadipolomate b’abanyabulayi, hamwe n’abayoboye amadini n’amatorero.

Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa.

Abagize aka kanama k’umutekano, bavuga ko ibyo bihuha ari uburyo bwo kwanduza ishusho ya perezida, no kubiba ubwoba mu gihugu. Karatangaza ko ko Leta igiye gukora ibishoboka byose kugira ngo abo yise abanzi ba Demokarasi bashyirwe ahagaragara kandi bahagarikwe

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga