Amadini n’amatorero byakomorewe ariko si ugutangira gutyo gusa

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 15 Nyakanga 2020 muri Village Urugwiro, aho ya yobowe na Perezida Kagame Paul, mu myanzuro yafashwe harimo ko insengero z’Amatorero n’Amadini byari bimaze igihe bikinze imiryango kubera Covid-19 byongera gufungura imiryango. Gusa birasaba ko ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bubanza kubiha umugisha.

Dore ibyemezo iyi nama yashyize ahagaragara uko biteye;

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →