Muntu utuye I Kigali, wowe uhagenda ukanyuranya n’amabwiriza ya Covid-19, ibihano bikaze ntubicika

Umujyi wa Kigali watangaje ibihano bikakaye birimo n’amande y’amafaranga ku muntu wese ufashwe yanyuranije n’amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus. Muri ibi bihano, harimo no gufatwa ugashyirwa mu kato amasaha 24, hakabamo gucibwa amafaranga atari make bitewe n’icyo ufashwe yakoze. Ni amabwiriza Nomero 90 yo kuwa 31 Kanama 2020 y’inama njyanama y’umujyi wa Kigali. Yashyizwe ahagaragaraga kuri uyu wa 03 Nzeri 2020.

Abatuye n’abagenda I Kigali nimwe mubwirwa. Isomere hano ayo mabwiriza n’ibihano byashyizweho;

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →