• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
02/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
02/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
02/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

Hari impungenge ku mpunzi z’Abakongomani zikomeje guhungira muri Uganda

Umwanditsi
June 11, 2021

Kuva kuri uyu wa kane muri Uganda hatangiye kugera impuzi zihunga imirwano ibera mu karere ka Ituri muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo. Umubare nyawo w’izo mpunzi kugeza ubu ntabwo uramenyekana neza kubera ko uhindagurika buri kanya. Impungenge zishingiye ku cyorezo cya Covid-19, ko gishobora kurushaho kwiyongera muri Uganda isanzwe itorohewe nacyo.

Gusa umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika uri muri Uganda aravuga ko abari bamaze kugera muri icyo gihugu ku mugoroba wo kuri uyu wa kane bagera ku 1000. Abo baje baturuka mu karere ka Boga na Beni muri Ituri, ho muri kivu y’amajyaruguru.

Muri Uganda, nkuko VOA ikomeza ibitangaza, impunzi ziva DR Congo zirinjirira ahitwa Ntoroko mu burengerazuba bw’igihugu zigahita zijya kubana n’abaturage ba Uganda zisanze

Mesach Kawamala, Umuyobozi w’akarere ka Ntoroko avuga ko imiryango igoboka abafite ibibazo nkibyo itarahagera. Avuga ko hakenewe ibiribwa n’amacumbi kuko kugeza ubu igice kinini cy’abahunga gicumbikiwe mu mashuli.

Hari impungenge ko abantu bahagera ari benshi bashobora gutuma ubwandu bwa Covid 19 busanzwe bwazamutse muri icyo gihugu noneho bwarushaho kwiyongera.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga