Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice avuga ko hari inganda zimaze gusaba gukorera mu byanya by’inganda byashyizweho hagamijwe guha agaciro ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi. Ku rundi ruhande, aributsa ko nta ruganda rukwiye gukorera mu ngo kuko...
Read More
Wivunika mu kubaka kandi hari Kompanyi ya K.P.A yagufasha muri byose
Ni Kimisagara Polytechnician Association Company-K.P.A, ikorera mu ntara zitandukanye z’igihugu. Itanga inama z’ubwubatsi kubafite imishinga mito n’iminini, ifasha mu gukora ibishushanyo by’inyubako (plans), igafasha abantu kubona ibyangombwa byo kubaka banyujije imishinga yabo muri bpmis....
Read More
U Rwanda nicyo gihugu rukumbi mu karere cyubahirije nyirantarengwa mu gukingira Covid-19
Ibihugu 15 bya Africa nibyo byageze ku ntego y’isi ya OMS/WHO yo gukingira Covid-19 abarenga 10% by’abatuye igihugu bitarenze itariki 30 y’ukwezi kwa cyenda. Muri ibyo bihugu u Rwanda rurimo, rukaba ari narwo rwonyine...
Read More
Malawi: Umudepite yirasiye mu nteko ishingamategeko ahita apfa
Uwahoze ari intumwa ya rubanda/umudepite akomeye cyane mu nteko ishingamategeko ya Malawi, Clement Chiwaya, yirasiye mu nzu y’inteko ahita apfa. Chiwaya, yagendaga yicaye mu kagare k’abafite ubumuga nyuma yo kurwara indwara y’ubukangwe/imbasa afite imyaka...
Read More