Perezida w’Itsinda ry’abakora siporo ryitwa “Ijuru rya Kamonyi”, Benedata Zacharie aravuga ko ibikorwa byabo by’umwaka wa 2022 bizashingira mu gufasha abaturage kuzamura imyumvire ku bijyanye n’imibereho myiza ikwiye, aho bazafatanya n’inzego z’ubuyobozi bw’ibanze mu...
Read More
Muhanga: Impeshakurama zatanze miliyoni 3 yo kugurira abakene ubwisungane mu kwivuza
Abatorejwe mu itorero ry’impeshakurama rigizwe n’abakora mu buvuzi, bashyikirije akarere ka Muhanga amafaranga angana miliyoni 3 y’u Rwanda yo kugurira abantu 1,000 batishoboye ubwisungane mu kwivuza. Bavuga ko babitewe n’akababaro baterwa n’ababagana batishoboye bashaka...
Read More
Uganda: Abaganga bemeye guhagarika imyigaragambyo bagasubira mu kazi nyuma y’ibyo bemerewe
Abaforomo n’abaganga bari bamaze iminsi mu myigaragambyo ndetse barataye akazi, bemeye guhagarika uko kwigaragambya bagasubira mu kazi kuri uyu wa mbere. Aba baganga, bemeye gusubira mu kazi nyuma y’inama yabaye hagati y’abahagarariye Leta, aba...
Read More