• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
02/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
02/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
02/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

Nyaruguru: Perezida w’urukiko rw’ibanze rwa Kibeho yatawe muri yombi na RIB

Umwanditsi
February 18, 2022

Kuri uyu wa 18 Gashyantare 2022, urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB rwataye muri yombi Nsengiyumva Silas, Perezida w’Urukiko rw’ibanze rwa Kibeho mu karere ka Nyaruguru. Akurikiranyweho ibyaha birimo icya Ruswa y’inshimishamubjri rishingiye ku gitsina no gufata icyemezo gishingiye ku itonesha n’ubucuti.

Mu itangazo RIB yashyize ku rubuga rwayo rwa Twitter,  ivuga ko uyu Nsengiyumva Silas yafashwe akaba afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, aho iperereza ku byaha akekwaho rikomeza kugira ngo hakorwe Dosiye ishyikirizwe ubushinjacyaha.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha-RIB, ruvuga ko rushimira abantu bose bagize uruhare mu kugira ngo uyu ucyekwa atabwe muri yombi.RIB, mu butumwa bwayo inakangurira abaturarwanda gukomeza gutanga amakiru ku basaba ndetse n’abatanga Ruswa muri serivise z’ubutabera kugira ngo bafatwe bahanwe, bityo Ruswa iranduke mu Gihugu.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga