Kwambara agapfukamunwa ntabwo bikiri itegeko ku butaka bw’u Rwanda

Kimwe mu byemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 13 Gicurasi 2022, ikayoborwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul yanzuye ko kwambara agapfukamunwa ku butaka bw’u Rwanda bitakiri itegeko. Umuntu asabwa ku kambara igihe ari ahantu hafunganye kandi hahurira abantu benshi.

Soma hano ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 13 Gicurasi 2022;

intyoza

Umwanditsi

Learn More →