Hashize Igihe abatuye mu tugari twa Mbare, Mubuga na Kinini bavuga ko bakora urugendo rurerure bajya kugura imiti mu gihe bayandikiwe na muganga. Basaba kwegerezwa iguriro ry’imiti (Farumasi) kugira ngo baruhurwe, bityo igihe batakazaga...
Read More