March 1, 2023

Muhanga: Hatangijwe umushinga ubarirwa mu ma Miliyari uzafasha abahinzi-borozi guhindura ubuzima

Abahinzi n’aborozi bo mu Rwanda barasabwa gutegura imishinga ijyanye n’ibyo bakora bagahabwa inguzanyo y’amafaranga bazishyura ku rwunguko rw’ 8%. Ibi byagarutsweho ubwo hasobanurwaga ibijyanye n’umushinga CDAT ugamije  guteza imbere ubuhinzi bugamije ubucuruzi no kugabanya...
Read More