• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
05/11/25
Ipari yakoze ku bikubo ku mukino wose ndetse n’Ibitego byamuhesheje akayabo ka 1,531,607Frws
05/11/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Polisi yataye muri yombi Itsinda ry’Abantu 5 barimo Umugore bakekwaho ubugizi bwa nabi
05/11/25
Kamonyi-GS Ruramba:“ Ishuri ryanjye, Urukwavu rwanjye”, Umushinga wo gukundisha abana Ishuri
05/11/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi

Urukingo rwa Corona Virus rwageragejwe bwa mbere muri Amerika

Umwanditsi
March 17, 2020

Ku nshuro ya mbere muri Leta zunze ubumwe za Amerika, kuri uyu wa 16 Werurwe 2020 abantu bane bakoreweho igerageza ry’urukingo rw’indwara ya Corona Virus-Covid-19.

Abarwayi ba Corona Virus bane nibo batewe inshinge z’uru rukingo ku kigo cy’ubushakashatsi cya Kaiser Permanente kiri I Seattle ho muri Leta ya Washington nk’uko BBC dukesha iyi nkuru ibivuga.

Urukingo rurimo kugeragezwa ntabwo rushobora gutera Covid-19 ariko rufite igice kirugize cyavanywe muri iyi Virus itera iyi ndwara ya Corona Virus. Abahanga bavuga ko bizafata amezi menshi kumenya niba uru rukingo, cyangwa izindi ziri mu bushakashatsi ruzakora.

Kuri uyu wa mbere tariki 16 Werurwe 2020, umuntu wa mbere watewe uru rukingo ni umugore wo muri Seattle w’imyaka 43 ufite abana babiri. Uyu mugore witwa Jennifer Haller yatangaje ko aya ari amahirwe akomeye kuri we yo kugira icyo akora.

BBC ikomeza itangaza ko, abashakashatsi ku isi bari gukora iyo bwabaga ngo bashake vuba na bwangu urukingo rw’iki cyorezo. Iri gerageza rya mbere rikorewe ku bantu, ni indi ntambwe kuko amagerageza menshi yakorerwaga ku nyamaswa. Abahanga bavuga kandi ko nubwo iri gerageza rya mbere ryatanga umusaruro, bishobora gufata amezi 18 kugira ngo uru rukingo rukwizwe mu bantu.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5904 Posts

Politiki

4155 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1027 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

152 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga