• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/08/25
Ireme ry’Uburezi si ikintu tubyuka mu gitondo ngo tuvuge ngo twarigezeho, ni urugendo-Dr. Flora Mutezigaju/REB
17/08/25
Kamonyi-GIMI Ltd: Bishimiye ibyo bagezeho bagaragaza uruhare bafite mu iterambere ry’Umuturage
17/08/25
Kamonyi-Rugalika: Abasoje amasomo muri Gifts Rwanda bahawe igishoro kibafasha kwihangira umurimo
17/08/25
Nyanza-Kibirizi: Polisi yataye muri yombi itsinda ry’Abagabo 8 bakekwaho ubugizi bwa nabi

Kamonyi/Kayenzi: Ikirombe kigwiriye abantu batatu barimo umugore uhasize ubuzima

Umwanditsi
May 27, 2020

Ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro giherereye mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Cubi, Umurenge wa Kayenzi ho mu Karere ka Kamonyi, kuri uyu wa 27 Gicurasi 2020 ahagana ku I saa tanu n’igice(11H30) z’amanywa kigwiriye abagabo 2 n’umugore 1. Uyu mugore apfuye amaze kugezwa ku kigo nderabuzima cya Kayenzi, aho hari hategerejwe imbangukiragutabara ibajyana ku bitaro.

Abagwiriwe n’iki Kirombe ni; Gwizimpundu Gilbert w’imyaka 31 y’amavuko, Nzabonimana Isaie w’imyaka 28 y’amavuko hamwe na Tuyisenge Clementine w’imyaka 22 y’amavuko ari nawe upfuye bakiri ku kigo nderabuzima cya Kayenzi, aho bari bategereje imodoka (Imbangukiragutabara) ngo ibajyane ku bitaro bya Remera-Rukoma.

Ikirombe cyigwiriye aba bantu ni icya Kompanyi icukura amabuye y’agaciro yitwa COEMIKA. Aba bose nkuko amakuru agera ku intyoza.com abivuga, basanzwe ari abakozi bakoreraiyi Kompanyi ya COEMIKA.

Mandera innocent, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kayenzi ku murongo wa terefone, yemereye umunyamakuru ko aya makuru ari impamo. Ko abagwiriwe n’iki kirombe ari batu. Umwe muri aba w’Igitsina gore akaba apfiriye kwa muganga ubwo bari bategereje ko imodoka ihagera ikabajyana ku bitaro bya Remera-Rukoma biri mu Murenge wa Rukoma ho muri Kamonyi.

ifoto shusho niyo twakoresheje.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5845 Posts

Politiki

4096 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1004 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga